Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Ngororero-Muhanga wabaye ufunzwe by’agateganyo kubera imvura nyinshi yaguye.
Imvura yaguye mu ijoro ryacyeye yatumye umuhanda uherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero uyihuza n’akarere ka Muhanga urengerwa n’amazi aturuka muri nyabarongo ya 1 bikaba byahise bituma uwo muhanda uba ufunzwe kugira ngo hatabaho ibindi bibazo by’impanuka.
Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yagize ati “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi yaguye mu murenge wa Gatumba, igatera amazi kurenga urugomero rwa Nyabarongo ya 1 akimena mu muhanda, ubu umuhanda Ngororero- Muhanga wabaye ufunze by’agateganyo.”
Icyakora Polisi y’u Rwanda ivuga ko irimo gukora ibishoboka byose kugira umuhanda ube nyabagendwa nk’uko byari bimeze, mugihe byatungana bari bubimenyeshe.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…