AMATEKA

Kayigamba Théophane wabaye umunyamakuru w’imikino yambitse impeta y’urukundo umukunzi we muri Australia-AMAFOTO

Kayigamba Théophane wamenyekanye cyane nk’umunyamakuru w’imikino mu Rwanda mbere yo kwimukira muri Australia mu 2018, agiye kurushinga na Hirwa Divine nyuma yo kumwambika impeta.

Advertisements

Tariki 19 Mata 2024 nibwo Kayigamba yafashe indege iva i Sydney aho asanzwe atuye yerekeza muri Leta ya Victoria mu Mujyi wa Melbourne, aho umukunzi we aba.

Uru rugendo rw’isaha n’iminota 45 mu ndege, Kayigamba yarukoze afite gahunda yo kwambika impeta umukunzi we bemeranyije no kubana.

Uyu munyamakuru yamenyekanye mu bitangazamakuru nka City Radio, Contact FM, Radio1 na TV1, yerekeje muri Australia mu mwaka 2015, aho yarasanze umukunzi we Divine waruhamaze imyaka igera kuri 15.

Ibirori byo kwambika impeta y’urukundo umukunzi we Divine byitabiriwe n’abarimo umuhanzi Umutare Gaby umaze igihe yibera muri Australia.

Harimo kandi n’inshuti z’umuryango, bivugwa ko mugihe cya vuba aba bombi bazakora indi mihango iherekeza nyiri zina ubukwe.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago