Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, kuwa 05/05/2024 Abantu bataramenyekana baraye bateye za Grenade mu tubari tubiri muri Quartier Gikizi ya Zone Kamenge Komine ntahangwa mu mujyi wa Bujumbura.
Abaturage babonye uko byagenze bemeza ko babonye abantu baje n’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux Double Cabine ifite ibirahuri bitabona,(voiture Toyota Hilux à vitre teintée) bahita bava muri iyo modoka, batera za grenade zikomeretsa abantu benshi bari bataramiye muri utwo tubari.
Ababonye uko byagenze, baravuga ko ntawapfuye muri ako kanya, ariko hakomeretse benshi cyane,bamwe bahise bajyanwa kuvurirwa ku bitaro biri hafi y’ahabereye ubwo bugizi bwa nabi.
Abantu baba muri Karatsiye Gikizi ya zone Kamenge, batashimye ko amazina yabo amenyekana, bemeza ko ibyo byakozwe n’imbonerakure, kuko arizo zahawe intwaro kandi ari nazo zizenguruka mu ijoro ahantu hose.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…