Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali waruzwi ku izina rya Mukonya, yapfuye azize impanuka yo mu kibuga.
Uyu musore yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari ari gukinira Mageragere nyuma y’uko agonganye n’umunyezamu amira ururimi, bagerageza kurugarura biranga, bazana n’abaganga biranga kugeza ashizemo umwuka.
Jean Paul bitaga Mukonya yari mu myitozo isanzwe n’abandi bakinnyi batabigize umwuga.
Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…