Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali waruzwi ku izina rya Mukonya, yapfuye azize impanuka yo mu kibuga.
Uyu musore yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari ari gukinira Mageragere nyuma y’uko agonganye n’umunyezamu amira ururimi, bagerageza kurugarura biranga, bazana n’abaganga biranga kugeza ashizemo umwuka.
Jean Paul bitaga Mukonya yari mu myitozo isanzwe n’abandi bakinnyi batabigize umwuga.
Umurambo wa nyakwigendera wahise ujyanwa mu Bitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…