Amakuru aravuga umusore warurikiri muto yishwe aciwe umutwe n’umuhoro na nyina agakomeretsa bikomeye n’abantu batamenyekanye ku musozi wa Gashasha muri zone ya Kigwena muri komini ya Rumonge mu ntara igize amajyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu cy’u Burundi.
Nk’uko ikinyamakuru SOS Media gikorera mu gihugu cy’u Burundi kibivuga ngo ni igitero cy’ubwicanyi cyabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu.
Amakuru yatanzwe na Polisi muri kiriya gihugu ngo ni uko abicanyi bitwikiriye ijoro bagenzura uwo musozi utuyeho abaturage mbere y’uko bakora ubwicanyi.
Impamvu yo kwica urubozo uwo mwana w’imyaka 12 ntiramenyekana.
Abantu bane bakekwaho icyaha barimo n’umuhungu w’imyaka 17, batawe muri yombi bafungirwa muri kasho ya polisi i Rumonge kuwa gatandatu nk’uko amakuru abivuga.
Ni mugihe amakuru agendanye n’ubwocanyi bwakozwe ngo Polisi y’Igihugu yatangiye gukora iperereza ry’imbitse kugira ngo hamenyekane ababyihishe inyuma babiryozwe.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…