Amakuru aravuga umusore warurikiri muto yishwe aciwe umutwe n’umuhoro na nyina agakomeretsa bikomeye n’abantu batamenyekanye ku musozi wa Gashasha muri zone ya Kigwena muri komini ya Rumonge mu ntara igize amajyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu cy’u Burundi.
Nk’uko ikinyamakuru SOS Media gikorera mu gihugu cy’u Burundi kibivuga ngo ni igitero cy’ubwicanyi cyabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu.
Amakuru yatanzwe na Polisi muri kiriya gihugu ngo ni uko abicanyi bitwikiriye ijoro bagenzura uwo musozi utuyeho abaturage mbere y’uko bakora ubwicanyi.
Impamvu yo kwica urubozo uwo mwana w’imyaka 12 ntiramenyekana.
Abantu bane bakekwaho icyaha barimo n’umuhungu w’imyaka 17, batawe muri yombi bafungirwa muri kasho ya polisi i Rumonge kuwa gatandatu nk’uko amakuru abivuga.
Ni mugihe amakuru agendanye n’ubwocanyi bwakozwe ngo Polisi y’Igihugu yatangiye gukora iperereza ry’imbitse kugira ngo hamenyekane ababyihishe inyuma babiryozwe.
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatunguranye avuga igiciro cy'akayabo ikipe ye ya Gasogi united kuri ubu…
Nshimiyimana Marc Govin, umukinnyi ukina inyuma iburyo mu ikipe ya Gasogi United, yatumijweho n’Urwego rw’Igihugu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora…
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nzeri 2024, muri Bk Arena APR…
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh Muganga yagenye ubutumwa abakinnyi ba APR FC mu…
Kizigenza akaba umukinnyi ngenderwaho muri Manchester City, Kevin De Bruyne yamaze kugera imvune idashobora kuzamwemerera…