Juno Kizigenza wigeze kuvugwa mu rukundo n’umuhanzikazi Ariel Wayz bongeye kusa naho bongera gushotorana mu magambo y’urukundo.
Kuri uyu wa Mbere tariki 9 Nzeri 2024, ni bwo umuhanzi Ariel Wayz yagize isabukuru y’amavuko, aho mu bamwifurije isabukuru nziza harimo na Juno Kizigenza bigeze kunyurana mu munyenga w’urukundo.
Juno Kizigenza agatima k’urukundo kamwanze mu munda abinyuza ku mbuga nkoranyambaga ze amwifurije isabukuru nziza ndetse ashyiraho amashushusho bari kumwe yongeraho n’indirimbo igira iti: “Ninjye nawe tujyanye“.
Aba bahanzi bombi bigeze kuvugwa mu rukundo ibintu nabo biyemereye, ariko nyuma baje gutangaza ko babivuyemo.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…