Juno Kizigenza wigeze kuvugwa mu rukundo n’umuhanzikazi Ariel Wayz bongeye kusa naho bongera gushotorana mu magambo y’urukundo.
Kuri uyu wa Mbere tariki 9 Nzeri 2024, ni bwo umuhanzi Ariel Wayz yagize isabukuru y’amavuko, aho mu bamwifurije isabukuru nziza harimo na Juno Kizigenza bigeze kunyurana mu munyenga w’urukundo.
Juno Kizigenza agatima k’urukundo kamwanze mu munda abinyuza ku mbuga nkoranyambaga ze amwifurije isabukuru nziza ndetse ashyiraho amashushusho bari kumwe yongeraho n’indirimbo igira iti: “Ninjye nawe tujyanye“.
Aba bahanzi bombi bigeze kuvugwa mu rukundo ibintu nabo biyemereye, ariko nyuma baje gutangaza ko babivuyemo.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…