MU MAHANGA

RDC-Kisangani: Abaturage basabwe kutagira ubwoba mugihe M23 iri hafi kubageraho

Kuwa Mbere tariki 31 Werurwe, ubwo hafungurwaga inama isanzwe yo muri uko Kwezi, Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yongeye kuburira abaturage cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo by’umutekano.

Advertisements

Imbere y’abadepite bo mu Ntara, yasabye abaturage ba Kisangani kutagira ubwoba imbere y’ibihuha bivuga iterambere ry’inyeshyamba za M23, muri iyi Ntara nkuko tubikesha Radio Okapi.

Yavuze ku cyo bita amahano yakozwe n’Ingabo za Uganda n’u Rwanda mu myaka ya za 2000 i Kisangani, ashimangira ko Inyeshyamba za AFC/M23 “zidafite ikaze” muri uyu mujyi kandi ashimangira ko ari ngombwa kurwanya amakuru y’ibinyoma akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga.

Mattheus Kanga yasabye ko hajyaho ubukangurambaga bwo kurwanya amakuru y’ibinyoma no kugambanira igihugu, ahamagarira abaturage “kugaragaza ibyo badashira amakenga”.

Yishimiye ishyirwaho rya komite ishinzwe ‘resistance’ y’intara, yatangijwe ku bufatanye na guverinoma y’intara, igamije gutegura abaturage kwirwanaho no kurinda igihugu cyabo.

Amakuru avuga ko umutwe wa M23 ukomeje urugendo rwayo, ari nako isatira umujyi wa Kisangani.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago