IMYIDAGADURO

Umukobwa uheruka kuvugwa ko ari mu rukundo na Nel Ngabo yabiteye utwatsi-Amafoto

Umwe mu bakobwa bakora ubusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Umulisa Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo.

Advertisements

Uyu mukobwa yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ahubwo ko afite undi musore bari mu rukundo bamaranye umwaka.

Essy yasobanuye ko amafoto yasakaye ari kumwe na Nel Ngabo yafashwe ubwo bari bagiye gutembera i Rebero, kandi ko kuyifotozanya n’inshuti ari ibisanzwe.

Essy Williams uherutse gusohora igisigo yise Rungano, ni umwe mu basizi bo mu itsinda Ibyanzu riyoborwa na Junior Rumaga. Kuri ubu, ari kwibanda ku buhanzi bw’imideli binyuze muri LE99Vintage, inzu yashinze nyuma y’urupfu rwa nyina.

Yize Amategeko muri University of Kigali, aho yarangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu 2023, kandi yatangiye kwiga icyiciro cya gatatu yifashishije amafaranga ava mu mirimo ye y’ubuhanzi.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago