INKURU ZIDASANZWE

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yo gusanga umukunzi we amuca inyuma

Abanyeshuri biga ku kigo cya Kaminuza giherereye Winneba muri Ghana bemeje bavuga ko mugenzi wabo ngo yaba yiyahuye nyuma yo gusanga umukunzi we amuca inyuma.

Advertisements

Uyu munyeshuri utatangajwe amazina yigaga ku kigo cya Kaminuza cyigisha ibijyanye n’uburezi muri iki gihugu cya Ghana.

Bivugwa ko uyu munyeshuri yiyahuye yimanitse ku wa gatatu, tariki ya 16 Mata 2025, nyuma y’ibyabaye ku mukunzi we w’umukobwa amuca inyuma.

Ababibonye bavuga ko uyu musore bivugwa ko yaguye gitumo umukobwa wari umukunzi we amuca inyuma n’undi musore wigaga ku kigo cya Ghana Universities Staff Superannuation Scheme (GUSSS) mu cyumba cy’inyubako.

Amakuru ahari avuga ko bitewe n’ibyo yabonye yafashwe n’amarangamutima aribyo byamugegeje ku kwiyambura ubuzima yiyahuye.

Umurambo wa nyakwigendera wajyanywe na polisi ya Winneba kugira ngo hakorwe iperereza.

Uyu musore yiyahuye nyuma yo gusanga umukobwa bakundanaga amuca inyuma
Umukobwa bivugwa ko yacaga inyuma umuhungu bakundanaga

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago