Indege ya Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Delta Air Lines, yaririmo abagenzi yafashwe n’inkongi y’umuriro, ariko ku bw’amahirwe ntihagira uhasiga ubuzima.
Iyi ndege yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari ku Kibuga cy’Indege cya Orlando mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 21 Mata 2025.
Bivugwa ko ikibatsi cy’umuriro cyibasiye iyi ndege cyatangiriye muri moteri yayo, ariko hahita hatangira ibikorwa byo kuyizimya no gutabara abagenzi bari bayirimo.
Iyi ndege yahiye ubwo guhaguruka yerekeza ku kibuga cy’indege cya Hartsfield-Jackson Atlanta. Yari irimo abagenzi 282.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…