Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 28 Mata 2025, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye biherereye Kacyiru mugenzi we wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló.
Perezida wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kuganira ku kibazo byugarije Isi muri rusange.
Nk’uko ibiro by’Umukuru w’igihugu Village Urugwiro rwabitangaje rwagize ati “Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo byugarije Afurika n’Isi muri rusange ndetse n’uko ibihugu byombi byanoza imikoranire mu nzego zitandukanye.”
Umubano wa Guinea-Bissau n’u Rwanda usanzwe wifashe neza, yaba mu buryo bwa dipolomasi.
Mu mwaka wa 2022, Leta y’u Rwanda n’iya Guinea Bissau byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubukungu n’ubucuruzi, mu burezi, ubukerarugendo, inama z’ubucuruzi no kubungabunga ibidukikije.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…