POLITIKE

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 28 Mata 2025, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakiriye mu biro bye biherereye Kacyiru mugenzi we wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló.

Advertisements

Perezida wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije kuganira ku kibazo byugarije Isi muri rusange.

Nk’uko ibiro by’Umukuru w’igihugu Village Urugwiro rwabitangaje rwagize ati “Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo byugarije Afurika n’Isi muri rusange ndetse n’uko ibihugu byombi byanoza imikoranire mu nzego zitandukanye.”

Umubano wa Guinea-Bissau n’u Rwanda usanzwe wifashe neza, yaba mu buryo bwa dipolomasi.

Mu mwaka wa 2022, Leta y’u Rwanda n’iya Guinea Bissau byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubukungu n’ubucuruzi, mu burezi, ubukerarugendo, inama z’ubucuruzi no kubungabunga ibidukikije.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago