Umuryango w’umuhanzi Ngabo Meddy n’umugore we Mimi Mehfira wibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Meddy wiyeguriye indirimbo zo kuramya Imana yishimiye gutangaza ko bamaze iminsi bibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.
Ni umwana w’umuhungu bibarutse bamaze guha n’izina rya Zayn M. Ngabo.
Mu ifoto Meddy yabanje gushyira hanze y’umugore we Mimi akuriwe yayiherekeje amagambo agira ati “Nzabwira Isi yose ko yari ibyo yamaze kunkorera.”
Nyuma Meddy yaje gushyira andi mafoto umugore we yibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.
Yagize ati “Nibyo, Imana n’inziza bikomeye kandi imbabazi ze zirankukira, ndagukunda by’iteka Mimi.”
Mu mwaka wa 2022, nibwo umuryango wa Meddy na Mimi Mehfira ufite inkomoko muri Ethiopia bibarutse umwana wabo wa mbere w’Umukobwa bakaba baramwise Myla Ngabo.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…