IMYIDAGADURO

Umuhanzi Meddy yibarutse ubuheta

Umuryango w’umuhanzi Ngabo Meddy n’umugore we Mimi Mehfira wibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.

Advertisements

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Meddy wiyeguriye indirimbo zo kuramya Imana yishimiye gutangaza ko bamaze iminsi bibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.

Ni umwana w’umuhungu bibarutse bamaze guha n’izina rya Zayn M. Ngabo.

Mu ifoto Meddy yabanje gushyira hanze y’umugore we Mimi akuriwe yayiherekeje amagambo agira ati “Nzabwira Isi yose ko yari ibyo yamaze kunkorera.”

Nyuma Meddy yaje gushyira andi mafoto umugore we yibarutse umwana wa kabiri w’umuhungu.

Yagize ati “Nibyo, Imana n’inziza bikomeye kandi imbabazi ze zirankukira, ndagukunda by’iteka Mimi.”

Mu mwaka wa 2022, nibwo umuryango wa Meddy na Mimi Mehfira ufite inkomoko muri Ethiopia bibarutse umwana wabo wa mbere w’Umukobwa bakaba baramwise Myla Ngabo.

Umwana w’umuhungu umuryango wa Meddy na Mimi bibarutse
Umuryango wa Meddy na Mimi ufite amashimwe yo kwibaruka ubuheta
Mimi yaramaze iminsi akuriwe

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago