INKURU ZIDASANZWE

Amerika: Umugabo yishe abantu umunani abatwitse

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa umugabo watwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Israel zafashwe n’umutwe wa Hamas.

Advertisements

Umugabo wimyaka 45 witwa Muhamed Soliman yaketsweho gutera ibisasu biturika mu kivunge cy’abantu bigaragambya mu rwego rwo kwifatanya n’imfungwa zafashwe na Hamas.

BBC yanditse ko ahagana saa Saba z’amanywa uyu mugabo yari afite ibisasu mu maboko yombi atangira ku bitera mu bantu avuga ngo ‘mubohore Palestine’.

Muhamad soliman ni umunya-Misiri wageze muri Amerika afite ibyangombwa ariko mu 2022 visa ye irarangira.

Abakomerekejwe bari mu kigero cyimyaka 52 na 88 abagabo bane n’abagore bane bahise bajyanwa kwa muganga.

Ikigo gishinzwe iperereza muri America (FBI) cyatangaje ko iki gitero gifatwa nk’icyaha gishingiye ku rwango ariko ari n’igikorwa cy’iterabwoba.

Imyigaragambyo yo kwifatanya n’imfungwa zafashwe na Hamas muri Leta ya Colorado iba buri cyumweru.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago