Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa umugabo watwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Israel zafashwe n’umutwe wa Hamas.
Umugabo wimyaka 45 witwa Muhamed Soliman yaketsweho gutera ibisasu biturika mu kivunge cy’abantu bigaragambya mu rwego rwo kwifatanya n’imfungwa zafashwe na Hamas.
BBC yanditse ko ahagana saa Saba z’amanywa uyu mugabo yari afite ibisasu mu maboko yombi atangira ku bitera mu bantu avuga ngo ‘mubohore Palestine’.
Muhamad soliman ni umunya-Misiri wageze muri Amerika afite ibyangombwa ariko mu 2022 visa ye irarangira.
Abakomerekejwe bari mu kigero cyimyaka 52 na 88 abagabo bane n’abagore bane bahise bajyanwa kwa muganga.
Ikigo gishinzwe iperereza muri America (FBI) cyatangaje ko iki gitero gifatwa nk’icyaha gishingiye ku rwango ariko ari n’igikorwa cy’iterabwoba.
Imyigaragambyo yo kwifatanya n’imfungwa zafashwe na Hamas muri Leta ya Colorado iba buri cyumweru.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…