Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 24 Kamena 2025, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria, usanzwe ari umwe mu borohereza inzira y’amahoro yahujwe na Luanda-Nairobi mu burasirazuba bwa DRC.
Baganiriye ku bibazo by’akarere, hamwe n’ibibazo bitandukanye by’umugabane w’Afurika. Abayobozi bombi basangiye ibitekerezo ku nzira igana ku mutekano, ubufatanye, n’iterambere rirambye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…