Urwego rw’Igihugu ngenzura mikorere mu Rwanda RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yashyizwe ku 1803 Frws ivuye ku 1633 Frw yazamutseho 170 frws kuri litiro. Ni mu gihe litiro ya mazutu yashyizwe ku 1757Frws ivuye ku 1647 Frws ikazamukaho 110 Frws kuri litiro.
RURA yatangaje ko ibi biciro biratangira kubahirizwa guhera ku wa 02 Nyakanga 2025, Saa kumi n’ebyiri za mu gitondo.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…