UBUKUNGU

Amerika: Perezida Kagame yahuye n’uwahoze ari Guverineri wa South Calorina David Beasley

Perezida w'u Rwanda Nyakubahabwa Paul Kagame yahuye n'abayobozi batandukanye barimo David Beasley wahoze ari Guverineri wa South Carolina n'Umuyobozi mu…

2 years ago

Dushobora kunguka byinshi dukoraniye hamwe-Perezida Kagame afungura inama mpuzamahanga ku itumanaho rigendanwa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro inama ya Mobile World Congress yatangiye kubera i Kigali…

2 years ago

Rwanda: Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye gutumbagira

Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Ukwakira 2023, Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by'ibikomoka kuri peteroli, aho Lisansi yabaye…

2 years ago

Kigali: Imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zashyiriweho imihanda itatu yihariye

Nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’umuvuduko kubakoresha imodoka za rusange , Umujyi wa Kigali watangaje ko hari imihanda itatu igiye kuzajya…

2 years ago

Moto zirenga 2500 za Spiro zikoreshwa amashanyarazi zigiye guhabwa abamotari bitarenze 2023

Abamotari basanzwe bakoresha moto za Lisansi, umwaka urashira bahawe nibura moto zigera ku bihumbi 2500. Ibi byashimangiwe n'ubuyobozi busanzwe bukora…

2 years ago

Prof Harelimana wayoboye ikigo cy’Igihugu cy’Amakoperative yatawe muri yombi

Prof Harelimana Jean Bosco wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative (RCA), yatawe muri yombi akekwaho ibyaha birimo gutanga nabi amasoko…

2 years ago

Ifite umwihariko! Ibyo wamenya ku nyubako izaba ari ndende igiye kubakwa i Kigali

Mu murwa mukuru w'igihugu cy'u Rwanda hatangiye kubakwa inyubako ndende yihariye izaza isimbura Kigali City Tower (KCT) yari isanzwe, aho…

2 years ago

RDB yashyize hanze amabwiriza mashya avuguruye arebana n’ubutubari na resitora

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, (RDB) rwatangaje amasaha avuguruye ntarengwa mu buryo bwo gutanga serivise ku bikorwa by’imyidagaduro birimo utubari na resitora.…

2 years ago

Ntawe uzongera guhabwa ubufasha hagendewe ku byiciro by’ubudehe-Minaloc

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, MINALOC yasabye inzego zitandukanye kutongera gutanga serivisi n’ubufasha ubwo ari bwo bwose hagendewe ku byiciro by’ubudehe bivuguruye…

2 years ago

Dr. Gérardine wayoboye minisiteri y’ubuhinzi yagizwe umuyobozi ukomeye muri IFAD

Dr Mukeshimana Gérardine wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda, yagizwe Visi Perezida w’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, IFAD.…

2 years ago