Kuri uyu wa kabiri tariki 03 Ukwakira 2023, Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho Lisansi yabaye 1822 Frw kuri litiro naho Mazutu ikaba yageze ku 1662 Frw kuri litiro.
Lisansi igeze kuri icyo giciro mugihe ivuye ku 1639 Frw kuri litiro.
Naho Mazutu ikaba ivuye ku 1492 Frw kuri litiro.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) ruvuga ko ibiciro bishya bishingiye ahanini ku ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli biri kugaragara ku isoko mpuzamahanga.
Ibi biciro bishya bikaba bizatangira gukurikizwa tariki 4 Ukwakira 2023, bikaba bizakurikizwa mugihe cy’amezi abiri ari imbere.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…