Polisi yatangaje ko abantu icumi bo mu muryango umwe, barimo abagore barindwi n’abagabo batatu, bishwe n’abantu bitwaje intwaro ku wa…
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Mata 2023, umusore witwa Nizeyimana Janvier uri mu kigero cy’imyaka 38 wo mu…
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bari muri Sudani kwigengesera, mu rwego rwo kwirinda kugirwaho ingaruka n’intambara ikomeje gufata indi…
Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda ryemeye ko itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe (bazwi nk’abatinganyi), ryemejwe n’inteko…
Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweri Museveni arahura n’Abaepite bo mu nteko ishingamategeko bakomoka mu ishyaka rye rya NRM riri ku…
Ku wa mbere, tariki ya 17 Mata, habaye intambara hagati y’umunyeshuri n’umwarimu wigisha mu kigo cy'ishuri ryisumbuye rya Rocky Mount…
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali ari gusaba ubufasha nyuma…
Umwana w’uruhinja rw’umukobwa rwari rukivuka rukajugunywa mu musarani mu kigo cya kiliziya Gatolika ya Rioma i Marani, mu Ntara ya…
Nyuma yuko umwana w’umuhungu w’imyaka 16 arashwe n’umuzungu amuziza kuvuza inzogera ye ku muryango itari uwe ubwo yari agiye gucyura…
Umugabo yahuye n’abagizi ba nabi bitwaje imihoro baramutema, apfa akimara kugezwa kwa muganga, ni igikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabereye mu…