INKURU ZIDASANZWE

Muhanga: Uherutse kwica umwarimu muri Kaminuza yarashwe na Polisi

Inzego z’umutekano kuri uyu wa Kabiri tariki ya 11 Mata 2023, mu masaha ya kare mu gitondo, zarashe umusore witwa…

3 years ago

RIB yataye muri yombi Umuyobozi uherutse kugaragara asambanira mu ruhame

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB) rwataye muri yombi Umuyobozi wo mu Karere ka Nyamagabe (Data Manager) kubera amashusho yagaragaye hanze akamutamaza…

3 years ago

Abanyeshuri 2 bigaga muri kaminuza ya UTAB bapfiriye rimwe, umwe apfa urupfu rw’amayobera

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Mata 2023, hamenyekanye amakuru ababaje y’urupfu rw’abanyeshuri babiri ba Kaminuza ya…

3 years ago

Muhanga: Igisambo cyari cyarabazengereje cyarashwe

Mu rukerera ryo kuri uyu wa 08 Mata 2023 Inzego z’Umutekano zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo…

3 years ago

Umupilote yarusimbutse nyuma yo kubona inzoka mu ndege atwaye

Umupilote utwara indege muri Afurika y’Epfo, witwa Rudolph Erasmus, byabaye ngombwa ko atabaza ubutabazi bwihuse nyuma yo kubona inzoka ya…

3 years ago

Umukobwa w’imyaka 19 yatawe muri yombi nyuma yo gusanga ari gusambana n’imbwa ye

Muri Mississipi imwe muri leta ya Amerika haravugwa inkuru y’umukobwa watawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kuryamana n’imbwa ye akayisambanya.…

3 years ago

Nigeria: Benshi baburiwe irengero mu bwato bwarohamye muri Bayelsa

Ku wa kane, tariki ya 6 Mata 2023, abantu benshi baburiwe irengero nyuma yuko ubwato bwatwaraga abagenzi bava Yenagoa berekeza…

3 years ago

Menya byinshi ku byaranze itariki 7 Mata 1994 ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga mu Rwanda

Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994,…

3 years ago

Bamporiki Edouard yakatiwe gufungwa imyaka itanu

Urukiko rukuru rwongereye ibihano byari byahawe Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, rutegeka ko afungwa imyaka…

3 years ago

Mu Rukiko: Bamporiki yatakambye ngo asubikirwe igihano

Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yitabye Urukiko Rukuru, ngo aburane mu bujurire ku byaha…

3 years ago