Ku wa kane, tariki ya 6 Mata 2023, abantu benshi baburiwe irengero nyuma yuko ubwato bwatwaraga abagenzi bava Yenagoa berekeza Okpoama mu gace ka Bayelsa mu Majyepfo ya Nigeria.
Ibi byabereye ku mugezi wa Okoroma muri Nembe mu gace k’igiturage muri ico gihugu.
Ubu bwato bwari bukozwe mu biti by’imbaho ngo bwatwaraga abagenzi n’ibicuruzwa mbere y’uko burohama kuri urwo ruzi.
Nk’uko ikinyamakuru Daily Trust kibitangaza ngo ababyeyi bamwe bari mu bwato butari bwemewe bagiye gushakisha abana babo barababura.
Umubare w’abahitanywe n’ubu nturamenyekana kuko ubutumwa bwo gutabara bugikomeje.
Umuyobozi warushinzwe abakozi baho ibyo byago byabereye muri Bayelsa, Bwana Ipigansi Ogoniba nawe yemeje aya makuru, avuga ko bamaze koherezayo itsinda ry’abatabazi.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…