POLITIKE

Intambara y’u Burusiya na Ukraine yongeye kubura

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 mata 2025, u Burusiya bwongeye kubura imirwano muri Ukraine nyuma y’agahenge ka Pasika…

11 months ago

Abasirikare ba DRC n’aba Wazalendo basanzwe mu kigo cya SAMIDRC

Ahari Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, ziri mu butumwa mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), hasanzwe…

11 months ago

Umutwe wa Hamas wasabye Israel guhabwa abantu bayo ifite kugira ngo itange agahenge

Umuyobozi w’umutwe wa Hamas muri Gaza, Khalil Al-Hayya, yatangaje ko nta masezerano y’agahenge y’iminsi mike bazongera kugirana na Israel, ahubwo…

11 months ago

Olive Lembe Kabila yavuze ko bakomeje gutotezwa mu bikorwa byabo n’umugabo Joseph Kabila

Nk’uko byatangajwe n’umujyanama mu itumanaho wa Marie Olive Lembe Kabila, umugore w’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, ngo abashinzwe umutekano bamenyesheje…

11 months ago

Amerika mu nzira yo guhagarika zimwe muri Ambasade zayo mu bindi bihugu ihereye muri Kongo

Bivugwa ko ubuyobozi bwa Trump bwatangiye gutekereza gufungisha za ambasade zayo zigera kuri 30 ku isi, harimo nyinshi zo muri…

11 months ago

Minisitiri Thérèse Kayikwamba yavuze ko intambara yo muri RDC igomba guhagarara, FDLR igasubira mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 16 Mata 2025, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba…

11 months ago

Gen Maj. Alengbia wari ufungiye guhunga urugamba rw’i Goma yapfuye

Umwe muba Ofisiye bakuru mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari wafungiye guhunga urugamba rw'i Goma barwana n'umutwe…

11 months ago

Ingabo za SADC zasabye inzira yo kwitahira zinyuze mu Rwanda

Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) wasabye u Rwanda guha inzira ingabo zawo ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

11 months ago

Ubufaransa: Minisitiri w’Intebe yashinje Amerika ubugambanyi

François Bayrou, Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, yavuze ko biteye agahinda kubona Leta Zunze Ubumwe za Amerika igambanira ibihugu byo mu…

11 months ago

Kidobya hagati ya M23 n’ingabo z’umuryango wa SADC

Umubano w’Ihuriro rya AFC/M23 n’uw’Ingabo z’Umuryango wa SADC ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), wongeye kuzamo…

11 months ago