Urukiko rushinzwe gukemura impaka muri Siporo ku Isi (TAS), rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umutoza w’Umunya-Maroc, Adil Erradi Mohamed, wari wareze APR…
Mu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mata, ku kibuga cya Bugesera i Nyamata, Ikipe Rayon Sports yisubije…
Ikipe y'ingabo z'u Rwanda (APR FC) yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023/2024 nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu…
Kapiteni wa Kiyovu Sports, Niyonzima Olivier Sefu wari wahagaritswe imikino yose isigaye ya Shampiyona, akaza gusaba imbabazi, yagaruwe mu ikipe…
Perezida w'ishyirahamwe ry'umukino w'intoki mu Burundi Apotre Jean Paul Manirakiza yeguye ku mirimo. Mu ibaruwa yandikiye ishyirahamwe, Apotre Jean Paul…
Kuri uyu wa Kane tariki 18 Mata 2024, ikipe y'Ingabo ukina umukino w'intoki ya Basketball APR BBC yasuye urwibutso rwa…
Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani nyuma y'uko itsinzwe mu rubanza yari yarezwemo na Cristiano Ronaldo wayikiniye yategetswe kwishyura akayabo…
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mata 2024, Bugesera Fc irakira ikipe ya Rayon Sports mu mukino wa shampiyona, aho…
Umutoza wa Rayon Sports, Julien Mette udaheruka intsinzi yemeje ko abakinnyi be badakomeye nyuma y’uko benshi bagiye abandi bakaba baravunitse…
TP Mazembe y’i Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igiye guhanwa nyuma yo kwanga kwambara imyenda iriho Visit Rwanda…