UBUTABERA

Eric uzwi nka ‘X-Dealer’ wari waravuzweho kwiba telefone ya The Ben yabaye umwere

Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwagize umwere Ndagijimana Eric uzwi nka 'X-Dealer' nyuma y'igihe kinini akurikiranweho kwiba telefone ngendanwa y'umuhanzi The…

2 years ago

Robinho wakanyujijeho mu makipe akomeye ku Isi ubuzima bukomeje kumusharirira muri gereza

Robinho wakanyujijeho muri ruhago ku rwego mpuzamahanga ari kwiga umwuga mushya wo gukanika Televiziyo na Radiyo muri gereza nyuma yo…

2 years ago

RIB yataye muri yombi umugabo warumaze iminsi aboheye umugore we mu nzu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Munyandekwe Elisha wo mu karere ka Nyamasheke, wari umaze iminsi itanu yarahambiriye umugore…

2 years ago

Donald Trump yahamijwe ibyaha birimo n’inyandiko mpimbano

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika, yahamijwe ibyaha 34 akurikiranyweho bifitanye isano n’inyandiko mpimbano, ku mafaranga bivugwa…

2 years ago

Barikana uherutse gufatanwa imbunda mu buryo butemewe yahamijwe icyaha n’Urukiko

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500…

2 years ago

Uwunganiraga Aimable Karasira mu rubanza yabivuyemo

Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku mpamvu zitatangajwe n’Urukiko. Karasira, wahoze…

2 years ago

Umukinnyi wa Basketball y’abagore Brittney Griner yahishuye uko yaragiye kwiyahura ubwo yarafungiye mu Burusiya

Umukinnyi wa Basketball y'abagore Brittney Griner, ukina muri NBA yatangaje ko yatekereje kwiyahura mu byumweru bye bya mbere ubwo yari…

2 years ago

Umutoza Adil waregeye APR Fc muri TAS yatewe ishoti

Urukiko rushinzwe gukemura impaka muri Siporo ku Isi (TAS), rwatesheje agaciro ubujurire bw’Umutoza w’Umunya-Maroc, Adil Erradi Mohamed, wari wareze APR…

2 years ago

Cristiano Ronaldo agiye kwishyurwa akayabo nyuma yo gutsinda Juventus mu rukiko

Ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani nyuma y'uko itsinzwe mu rubanza yari yarezwemo na Cristiano Ronaldo wayikiniye yategetswe kwishyura akayabo…

2 years ago

Umuhanzi King James yavuye imuzi ku bwambuzi bw’amafaranga yashinjwe na Pasitori

Umuhanzi Ruhumuriza James wamamaye nka King James, yavuye imuzi ku byo yashinjwe n'umugabo uheruka kumushinja ubwambuzi wamuregeye RIB ashaka kumufungisha…

2 years ago