IMIKINO

Murenzi Abdalah yagizwe umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports

Kuri uyu wa Gatatu Ikigo cy’Igihugu cy’imiyoborere RGB cyemeje ko Murenzi Abdalah ariwe uhagarariye komite y’inzibacyuho ya Rayon Sports nyuma y’uko iyari iyobowe na Munyakazi Sadate yose isheshwe.

Advertisements

Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Nzeri 2020, komite nyobozi Rayon Sports yari iyobowe na Munyakazi Sadate yahagaritswe n’urwego rw’Imiyoborere RGB kubera kutubahiriza inshingano bahawe harimo no guhosha amakimbirane yari amaze igihe muriyi kipe.

Murenzi wagizwe Perezida w’inzibacyuho w’iyi kipe kandi mu mwaka wi 2013 yayibereye Perezida,

Abayobozi batatu bahawe kuyobora Rayon Sports mu gihe k’iminsi 30 ni;

  1. Murenzi Abdalah : Perezida
  2. Twagirayezu Thadee :Ugize komite
  3. Me Nyirihirwe Hilaire: Ugize Komite.

Iyi komite y’inzibacyuho ifite inshingano zo;

  1. Kunoza amategeko y’umuryango no kuyahuza n’itegeko rigenga imiryango itari iya leta
  2. Gushyiraho inzego z’umuryango ziteganywa n’amategeko
  3. Gukurikirana umunsi ku munsi ibikorwa bya Rayon Sports fc
  4. Gutegura imbonerahamwe ngenga mikorere y’umuryango n’ibikorwa byawo
  5. Gushyiraho uburyo buboneye bw’imikoreshereze y’umutungo w’umuryango
  6. No gucunga umutungo w’umuryango mu gihe k’inzibacyuho.

 

Jean Aime Desire Izabayo

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago