Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatanu tariki 24 Nzeri 2020, yize ku ngamba zo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, imwe mu mirimo irakomorerwa.
Aho bimwe mu byakomorewe harimo abanyonzi bemerewe gukora arko bambaye ingofero, aha kandi hanafunguwe ingendo ‘imodoka rusange mu gihugu hose ndetse n’amasaha yo kugera mu rugo ava kuri saatatu z’ijoro ashyira kuva saayine kugera saakumi nimwe za mugitondo.
Iyi nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na perezida wa Repuburika Paul Kagame yaciye amarenga ko amashuri azatangira vuba bidatinze ariko bizagendana n’uko ubushakashatsi buzajya bugaragaza uko iki cyorezo gihagaze mu gihugu.
Uburyo bw’itangira ry’amashuri bukazashyirwaho na Minisiteri y’uburezi mu Rwanda nk’uko byagaragaye mu myanzuro y’iyi nama.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje Ingabo…
Abagenzi bagera kuri 70 bari mu ndege yavaga mu birwa bya Maurice yerekeza i Frankfurt…
Abantu babiri bapfuye barohamye mu mugezi wa Burakari uherereye mu Murenge wa Busoro mu Karere…
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…