Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatanu tariki 24 Nzeri 2020, yize ku ngamba zo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, imwe mu mirimo irakomorerwa.
Aho bimwe mu byakomorewe harimo abanyonzi bemerewe gukora arko bambaye ingofero, aha kandi hanafunguwe ingendo ‘imodoka rusange mu gihugu hose ndetse n’amasaha yo kugera mu rugo ava kuri saatatu z’ijoro ashyira kuva saayine kugera saakumi nimwe za mugitondo.
Iyi nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na perezida wa Repuburika Paul Kagame yaciye amarenga ko amashuri azatangira vuba bidatinze ariko bizagendana n’uko ubushakashatsi buzajya bugaragaza uko iki cyorezo gihagaze mu gihugu.
Uburyo bw’itangira ry’amashuri bukazashyirwaho na Minisiteri y’uburezi mu Rwanda nk’uko byagaragaye mu myanzuro y’iyi nama.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…