Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatanu tariki 24 Nzeri 2020, yize ku ngamba zo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19, imwe mu mirimo irakomorerwa.
Aho bimwe mu byakomorewe harimo abanyonzi bemerewe gukora arko bambaye ingofero, aha kandi hanafunguwe ingendo ‘imodoka rusange mu gihugu hose ndetse n’amasaha yo kugera mu rugo ava kuri saatatu z’ijoro ashyira kuva saayine kugera saakumi nimwe za mugitondo.
Iyi nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na perezida wa Repuburika Paul Kagame yaciye amarenga ko amashuri azatangira vuba bidatinze ariko bizagendana n’uko ubushakashatsi buzajya bugaragaza uko iki cyorezo gihagaze mu gihugu.
Uburyo bw’itangira ry’amashuri bukazashyirwaho na Minisiteri y’uburezi mu Rwanda nk’uko byagaragaye mu myanzuro y’iyi nama.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…