Mu mwambaro wa Gisirikare Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yahuye n’abanyeshuri bitegura ku aba Ofisiye biga mu ishuri rya gisirikare i Gako mu karere ka Bugesera.
Kuri uyu wa kane Tariki 29 Ukwakira 2020 nibwo umukuru w’igihugu yahuye n’aba banyeshuri biga mu kiciro cy’aba Ofisiye mu ishuri rya gisirikare ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen.Jean Bosco Kazura.
Foto: Village Urugwiro
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…
Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…