Abasirikare bashya basoje amasomo y’ibanze ya gisirikare
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 28 Kanama 2021, ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakiriye abasirikare bashya basoje amasomo y’ibanze ya gisirikare yaberaga mu Kigo imyitozo y’ibanze ya gisirikare cya Nasho giherereye mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba.
Mu ijambo rye, Gen. Kazura yashimiye abo basirikare bashya kuba barahisemo neza bakinjira mu muryango wa RDF witangiye kurengera Igihugu n’abaturage bacyo.
Umwe mu basoje amasomo ya gisirikare, Pte Uwizeyimana Mwadjuma, yavuze ko atewe ishema no kwinjira mu muryango wmugari w’Ingabo z’u Rwanda bijyana no gukorera Igihugu cyamubyaye.
Abasirikare bashya binjiye mu Ngabo z’u Rwanda, nyuma y’umwaka umwe bari bamaze muri ayo mahugurwa y’ibanze ya gisirikare.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…