IMYIDAGADURO

Umunyamakuru Sandrine Isheja yibarutse umwana w’umuhungu

Umunyamakuru Isheja Sandrine n’umugabo we Kagame Peter bibarutse wa kabiri, Kuri uyu wa Mbere nibwo iyi nkuru nziza yatashye mu muryango w’Aba bombi, nyuma y’amezi icyenda bari bamaze bategereje ubuheta bwabo.

Advertisements

Uyu mwana w’umuhungu akurikiye imfura yabo nawe w’umuhungu witwa Karl ubu ufite imyaka ine.

Sandrene Isheja, Umunyamakuru wa KISS FM yibarutse nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize umugabo we yari yamutunguye amusanga muri studio amushimira ko mu gihe cyose yari atwite yaranzwe n’imbaraga n’umurava mu kazi ke.

Sandrine Isheja na Peter Kagame bamaze imyaka igera kuri itanu barushinze, kuko tariki ya 15 Nyakanga 2016 nibwo basezeranye kubana imbere y’amategeko,urukundo rwabo rushimangirwa n’imbere y’Imana n’imiryango mu Kiliziya kuwa Gatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2016.

Umunyamakuru Isheja Sandrine n’umugabo we Kagame Peter bibarutse wa kabiri

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago