IMYIDAGADURO

Umunyamakuru Sandrine Isheja yibarutse umwana w’umuhungu

Umunyamakuru Isheja Sandrine n’umugabo we Kagame Peter bibarutse wa kabiri, Kuri uyu wa Mbere nibwo iyi nkuru nziza yatashye mu muryango w’Aba bombi, nyuma y’amezi icyenda bari bamaze bategereje ubuheta bwabo.

Uyu mwana w’umuhungu akurikiye imfura yabo nawe w’umuhungu witwa Karl ubu ufite imyaka ine.

Sandrene Isheja, Umunyamakuru wa KISS FM yibarutse nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize umugabo we yari yamutunguye amusanga muri studio amushimira ko mu gihe cyose yari atwite yaranzwe n’imbaraga n’umurava mu kazi ke.

Sandrine Isheja na Peter Kagame bamaze imyaka igera kuri itanu barushinze, kuko tariki ya 15 Nyakanga 2016 nibwo basezeranye kubana imbere y’amategeko,urukundo rwabo rushimangirwa n’imbere y’Imana n’imiryango mu Kiliziya kuwa Gatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2016.

Umunyamakuru Isheja Sandrine n’umugabo we Kagame Peter bibarutse wa kabiri

DomaNews

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

20 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

21 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

21 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

21 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

3 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago