Umunyamakuru Isheja Sandrine n’umugabo we Kagame Peter bibarutse wa kabiri, Kuri uyu wa Mbere nibwo iyi nkuru nziza yatashye mu muryango w’Aba bombi, nyuma y’amezi icyenda bari bamaze bategereje ubuheta bwabo.
Uyu mwana w’umuhungu akurikiye imfura yabo nawe w’umuhungu witwa Karl ubu ufite imyaka ine.
Sandrene Isheja, Umunyamakuru wa KISS FM yibarutse nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize umugabo we yari yamutunguye amusanga muri studio amushimira ko mu gihe cyose yari atwite yaranzwe n’imbaraga n’umurava mu kazi ke.
Sandrine Isheja na Peter Kagame bamaze imyaka igera kuri itanu barushinze, kuko tariki ya 15 Nyakanga 2016 nibwo basezeranye kubana imbere y’amategeko,urukundo rwabo rushimangirwa n’imbere y’Imana n’imiryango mu Kiliziya kuwa Gatandatu tariki ya 16 Nyakanga 2016.
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…
Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…