UBUZIMA

Guhera kuri uyu wa mbere Utubari turatangira gufunga sambiri z’ijoro, ibirori no kwiyakira byahagaritswe

Ababwiriza mashya avuguruye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe avuga ko, guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 utubari turatangira gufunga sambiri z’ijoro.

Advertisements

Mu itangazo ryanyuze ku rubuga rwa twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021, rinavuga ko mu mujyi wa Kigali ibirori no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Aya mabwiriza akazubahirizwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu ariko ashobora kongera kuvugururwa igihe cyose bibaye ngombwa, hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago