Ababwiriza mashya avuguruye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe avuga ko, guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 utubari turatangira gufunga sambiri z’ijoro.
Mu itangazo ryanyuze ku rubuga rwa twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021, rinavuga ko mu mujyi wa Kigali ibirori no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Aya mabwiriza akazubahirizwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu ariko ashobora kongera kuvugururwa igihe cyose bibaye ngombwa, hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…