Ababwiriza mashya avuguruye yatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe avuga ko, guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021 utubari turatangira gufunga sambiri z’ijoro.
Mu itangazo ryanyuze ku rubuga rwa twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2021, rinavuga ko mu mujyi wa Kigali ibirori no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Aya mabwiriza akazubahirizwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu ariko ashobora kongera kuvugururwa igihe cyose bibaye ngombwa, hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…