POLITIKE

Perezida Kagame yasuye Umujyi wa Livingstone yifotozanya n’Inyamaswa y’Inkazi(Amafoto)

Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Zambia, yasuye icyanya cya Victoria Falls and Mukuni Big 5 Safaris cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe n’izindi nyamaswa zo muri ubu bwoko.

Advertisements

Ari kumwe na Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema na Madamu we Mutinta Hichilema, basuye uyu Mujyi w’Ubukerarugendo bifotozanya n’Inyamaswa y’Inkazi izwi nka Cheetah cyangwa Urutarangwe, imwe mu nyamaswa zitinywa n’abantu benshi ndetse hari n’abatumva ko umuntu ashobora kuyegera akayikoraho ntimusagarire, aha banasuye ibice bitandukanye by’uyu mujyi nk’ahagarahara amazi atemba ku rutare.

Ni mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yagiriye muri iki gihigu, rugamije gutsura umubano n’ubufatanye mu iterambere ry’ibihugu byombi.

Sandrine RURANGIRWA

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago