Perezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Zambia, yasuye icyanya cya Victoria Falls and Mukuni Big 5 Safaris cyo mu Mujyi w’Ubukerarugendo wa Livingstone, aho umuntu aba ashobora gutemberana n’Intare cyangwa se Igisamagwe n’izindi nyamaswa zo muri ubu bwoko.
Ari kumwe na Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema na Madamu we Mutinta Hichilema, basuye uyu Mujyi w’Ubukerarugendo bifotozanya n’Inyamaswa y’Inkazi izwi nka Cheetah cyangwa Urutarangwe, imwe mu nyamaswa zitinywa n’abantu benshi ndetse hari n’abatumva ko umuntu ashobora kuyegera akayikoraho ntimusagarire, aha banasuye ibice bitandukanye by’uyu mujyi nk’ahagarahara amazi atemba ku rutare.
Ni mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yagiriye muri iki gihigu, rugamije gutsura umubano n’ubufatanye mu iterambere ry’ibihugu byombi.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…