RWANDA

‘Ikiganza mu kindi n’umugabo wanjye’ Miss Elsa Iradukunda akomeje gushimangira urwo akunda umugabo we Prince Kid

Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda 2017 akomeje kwerekena ko akomeje kuryoherwa n’urukundo ahabwa n’umugabo we Prince Kid.

Advertisements

Ibi akomeje kubishimangira mu butumwa ashyira ku mbuga nkoranyambaga ze aho kuri ubu uyu mwali yashyizeho amafoto afatanye ikiganza n’umugabo we.

Aya mafoto yayarengeje amagambo agira ati “Ikiganza mu kindi n’umugabo wanjye.’’ aha kandi yanditse amagambo menshi arimo kwishimira kuba umugabo we yamusohokanye n’ibindi byinshi.

Bigaragara ko bombi basa n’abakoze ubutembere bwakoze ku mutima wa Miss Elsa Iradukunda akanyurwa.

Miss Iradukunda Elsa na Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid ni umugore n’umugabo byemewe n’amategeko.

Prince Kid wamamaye ubwo yari ayoboye kompanyi itegura irushanwa rya Miss Rwanda aherutse gusezerana byemewe n’amategeko na Miss Elsa Iradukunda tariki 2 Werurwe 2023.

Ni nyuma yaho yaravuye mu bibazo byagaragaye muri iyo kompanyi yateguraga Miss Rwanda yitwaga ‘Inspiration Back Up’, ndetse akagaragarizwa gushyigirwa n’uwo mukobwa nawe agahitamo kumwishumbusha amushaka nk’umugore we.

Miss Iradukunda Elsa asezerana n’umugabo we Prince Kid
Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa bakundanye igihe
Ibyishimo by’urushako mu maso ya Miss Iradukunda Elsa

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago