IMYIDAGADURO

Shaddyboo yakoreye agashya Kidum ku rubyiniro i Bruxelles yaburimo ikoti rye(VIDEO)

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga akomeje kuvugisha benshi nyuma y’amashusho yasakajwe abyinisha Kidum mu gitaramo yakoreye i Bruxelles byatumye akuramo n’ikoti yari yambaye.

Advertisements

Mu mashusho Kidum yashyize hanze yerekanye Shaddyboo amukorakoraho ubundi ba byinana.

Uyu muhanzi yukumvikanye mu mashyengo menshi avuga ko Shaddyboo ateye neza, ko iyo biba akiri umusore hari guca uwambaye.

Ubwo Shaddyboo yarimo agenda amukoraho Kidum yagize ati: “Shaddyboo yibagiwe ko ndi padiri mukuru, cyera ntarakizwa narebaga kino gice cy’umubiri [Imiterere ya Shaddyboo], narakitegerezaga icyo gice nkabira ibyuya.”

Guhurira mu gitaramo kw’aba bombi byarushijeho gutuma abitabiye bizihirwa nkuko bigaragara muri ayo mashusho.

Igitaramo Shaddyboo yahuriyemo na Kidum, cyabereye mu Bubiligi.

Muri iki gitaramo kandi Kidum yaburiyemo ikoti rye rya kositimu, Shaddyboo yagaragaye amufasha kurikuramo ku rubyiniro.

Kubura ikote byababaje uyu muhanzi avuga ko uwarijyanye wese natarimusubiza mu minsi ibiri azamukubitisha inkuba, niba atari amashyengo dore ko ayahorana.

Muri Werurwe 2023 ni bwo Shaddyboo yahagurutse i Kigali yerekeza i Burayi aho yari amaze iminsi avuye n’ubundi mu gitaramo yahuriyemo na Mike Kayihura na DJ Pius cyabaye mu Ugushyingo 2022.

Shaddyboo yakomeje kumwizirikaho
Kidumu byamwangiye pe!

Christian

Recent Posts

Umushyitsi yasuye Neg G the General apfira mu rugo rwe

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…

4 hours ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…

3 days ago

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye mu murenge

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…

1 month ago

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

6 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

6 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

7 months ago