MU MAHANGA

Intare yarishaje muri Afurika yiciwe muri Kenya

Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwo muri Kenya bwavuze ko intare y’ingabo yabarizwaga mu ishyamba ikekwaho kuba ariyo yarishaje cyane muri Afurika kandi ikaba ari imwe mu za kera cyane ku isi, yapfuye nyuma yo guterwa amacumu n’abahigi.

Advertisements

Iyi ntare yiswe Loonkiito, ifite imyaka 19, yapfiriye mu cyaro cyahitwa Olkelunyiet mu ijoro ryo ku wa gatatu, tariki ya 10 Gicurasi nyuma yo abahigi barimo guhiga inyamaswa.

Intare yarishaje ku Isi yiciwe muri Kenya ku myaka 19

Iki cyaro gihana imbibi na parike y’igihugu ya Amboseli, mu Majyepfo ya Kenya.

Itsinda rishinzwe kubungabunga ibyerekeye Intare zo mu ishyamba zavuze ko iyo Ntare ariya kera cyane kandi bishoboka ko ikomoka muri Afurika”. Intare nyinshi ziba hafi imyaka 13 mw’ishyamba nibura.

Nk’uko ikigo gishinzwe inyamaswa ku Isi kibivuga ngo intare hafi ya zose ziba muri Afurika.

Ku wa gatanu tariki ya 12 Gicurasi, umuvugizi w’ishami ry’ibinyabuzima rya Kenya (KWS), Paul Jinaro, yatangaje ko iyo intare yari ishaje kandi ifite intege nke maze irimo izerera mu cyaro ivuye muri parike ishakisha ibyo kurya.

Jinaro ntabwo yemeje niba ariyo intare ishaje cyane mu gihugu cyabo ariko avuga ko “ariyo yarishaje cyane”.

Impuzandengo yo kubaho kw’Intare ni imyaka 13 mwishyamba, nubwo zishobora kubaho igihe kinini mu bwihisho.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago