John Terry wakanyujijeho muri ruhago mu ikipe ya Chelsea Fc yageneye impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes abana be b’impanga ubwo bizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 17.
Kuri uyu wa kane, uwahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru w’imyaka 42, yerekeje kuri Instagram asangiza ibyishimo mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’impanga ze Summer na Georgie yujuje imyaka 17 y’amavuko.
Yasangije ibyo byishimo ashyiraho amafoto yerekana imitako yabo ihuye hamwe n’imitsima yari yakorewe impanga ze, mbere yo kwerekana n’imodoka zabo ebyiri yabaguriye nziza cyane, zaguzwe hafi 41.000 by’amapound.
Imodoka yerekanye ni iyo mu bwoko bwa plush Mercedes A Class AMG Line Premium Plus, ihagaze amapound agera ku 41.000 iki nshya.
Mu byo yagaragaje, John Terry yasangije abana be bombi n’umugore we Toni, aho yashyizeho amafoto abiri ya Mercedes nziza cyane yahaye abana be bizihije isabukuru y’imyaka 17.
AMAFOTO:
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…