IMIKINO

John Terry wakiniye Chelsea fc yageneye impano y’imodoka abana be b’impanga ihagaze akayabo karenga miliyoni 50 Frw ubwo bizihizaga isabukuru y’amavuko-AMAFOTO

John Terry wakanyujijeho muri ruhago mu ikipe ya Chelsea Fc yageneye impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes abana be b’impanga ubwo bizihizaga isabukuru y’amavuko y’imyaka 17.

Advertisements

Kuri uyu wa kane, uwahoze ari umukinnyi w’umupira w’amaguru w’imyaka 42, yerekeje kuri Instagram asangiza ibyishimo mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’impanga ze Summer na Georgie yujuje imyaka 17 y’amavuko.

Summer na Georgie barikumwe n’ababyeyi babo

Yasangije ibyo byishimo ashyiraho amafoto yerekana imitako yabo ihuye hamwe n’imitsima yari yakorewe impanga ze, mbere yo kwerekana n’imodoka zabo ebyiri yabaguriye nziza cyane, zaguzwe hafi 41.000 by’amapound.

Imodoka yerekanye ni iyo mu bwoko bwa plush Mercedes A Class AMG Line Premium Plus, ihagaze amapound agera ku 41.000 iki nshya.

Mu byo yagaragaje, John Terry yasangije abana be bombi n’umugore we Toni, aho yashyizeho amafoto abiri ya Mercedes nziza cyane yahaye abana be bizihije isabukuru y’imyaka 17.

AMAFOTO:

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago