Hakomeje kuvugwa amakuru y’umusore uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko wasanzwe yapfuye akajugunywa ku mugezi.
Aya makuru kandi yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’umurenge wa Murambi FRED.
Yakomeje avuga ko nyakwigendera akiri mu mugezi kuko birinze kumukoraho ngo bahamukure RIB na Police batarahagera, mu rwego rwo kwirinda gusibanganya ibimenyetso bizifashishwa hashakishwa uwamwishe.
Icyeteye urupfu kugeza ubwo twakoraga inkuru cyari kitaramenyekana.
Mukarere ka Karongi mu mpera z’icyumweru gishize bishe umukarani bivugwa ko yazize inkoni nyinshi yakubiswe n’abanyerondo.
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rubengera akagari ka Kibirizi kandi badatinya kuvuga ko urugomo nk’urwo rugeza no ku rupfu ruri gukomoka ku businzi bukabije buri muri ako gace.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…