Umukinnyi wo hagati wa Juventus, Paul Pogba we n’umugore, witwa Zulay Pogba bakiriye umwana wabo wa gatatu.
Uyu mukinnyi w’icyamamare w’Ubufaransa yerekeje kuri Instagram kugira ngo asangize abakunzi be amakuru meza, ariko ntiyagaragaza igitsina cy’umwana wavutse.
Yasangije amafoto meza cyane umugore we warumaze kwibaruka akiri mu gitanda cy’ibitaro, ni mugihe uyu mugabo usanzwe ufite abana babiri papa yanditse amashimwe kuri urwo rubuga agira ati ” Al Hamdullilah. umunyamuryango mushya wa Pogba wahageze .. nishimiye cyane Umwamikazi wanjye Zulay Pogba Ndishimye cyane cyane. #Daddyofthree.”
Pogba usanzwe ari umukinnyi ukina hagati mu kibuga yanyuze mu makipe menshi arimo Manchester united yo mu Bwongereza.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…