IMIKINO

Umukinnyi Paul Pogba yibarutse umwana wa gatatu

Umukinnyi wo hagati wa Juventus, Paul Pogba we n’umugore, witwa Zulay Pogba bakiriye umwana wabo wa gatatu.

Advertisements

Uyu mukinnyi w’icyamamare w’Ubufaransa yerekeje kuri Instagram kugira ngo asangize abakunzi be amakuru meza, ariko ntiyagaragaza igitsina cy’umwana wavutse.

Yasangije amafoto meza cyane umugore we warumaze kwibaruka akiri mu gitanda cy’ibitaro, ni mugihe uyu mugabo usanzwe ufite abana babiri papa yanditse amashimwe kuri urwo rubuga agira ati ” Al Hamdullilah. umunyamuryango mushya wa Pogba wahageze .. nishimiye cyane Umwamikazi wanjye Zulay Pogba Ndishimye cyane cyane. #Daddyofthree.”

Pogba usanzwe ari umukinnyi ukina hagati mu kibuga yanyuze mu makipe menshi arimo Manchester united yo mu Bwongereza.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago