Umukinnyi wo hagati wa Juventus, Paul Pogba we n’umugore, witwa Zulay Pogba bakiriye umwana wabo wa gatatu.
Uyu mukinnyi w’icyamamare w’Ubufaransa yerekeje kuri Instagram kugira ngo asangize abakunzi be amakuru meza, ariko ntiyagaragaza igitsina cy’umwana wavutse.
Yasangije amafoto meza cyane umugore we warumaze kwibaruka akiri mu gitanda cy’ibitaro, ni mugihe uyu mugabo usanzwe ufite abana babiri papa yanditse amashimwe kuri urwo rubuga agira ati ” Al Hamdullilah. umunyamuryango mushya wa Pogba wahageze .. nishimiye cyane Umwamikazi wanjye Zulay Pogba Ndishimye cyane cyane. #Daddyofthree.”
Pogba usanzwe ari umukinnyi ukina hagati mu kibuga yanyuze mu makipe menshi arimo Manchester united yo mu Bwongereza.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…