IMYIDAGADURO

Zuchu yavuze impamvu atareka gukunda Diamond Platnumz n’ubwo amuca inyuma

Umuhanzikazi Zuchu yavuze ko adashobora kureka gukunda icyamamare gikomoka muri Tanzania Diamond Platnumz n’ubwo abizi neza ko amuca inyuma ku bandi bagore.

Advertisements

Ibi abivuze nyuma y’amashusho yo muri filime yagaragaye Diamond Platnumz ari gusomana n’umuhanzikazi wo muri Ghana Francine Koffie uzwi nka Fantana.

Ni muri filime y’uruhererekane ya Young, African and Famous season 2, aho muri ayo mashusho yagaragaje aba bombi barimo basomana byacitse, ndetse uyu muhanzikazi ukomoka muri Ghana akaba yaravuze ko aribwo bwa mbere yarasomwe neza kuva yabaho.

Uyu muhanzikazi wo muri Tanzania wakunzwe mu ndirimbo nyinshi harimo n’iyitwa ‘Sukari’ yasobanuye ko yareka umugabo ari uko yazanye undi mukobwa bakundana kandi bikaba bigaragara ko amuca inyuma mu nzu ye.

Zuchu avuga ko adateze kuzareka umuhanzi Diamond Platnumz

Zuchu yongeyeho ko kandi ntakibazo afitanye n’umugabo we n’ubwo abari kumwe n’abandi bagore kure  ye kuko birangira n’ubundi agarutse murugo.

Yagize ati “Gucana inyuma biterwa, ntushobora kunca inyuma imbere y’amaso yanjye ngo nkubarire, ibyo ntibishoboka, ushobora kubikorera hirya iyo n’undi mugore ariko tukaza guhurira murugo.”

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago