UBUKUNGU

Rwanda: Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka

Guverinoma y’u Rwanda yongeye gutangaza ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka.

Advertisements

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 1 Kamena 2023, nibwo honegeye gutangazwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli nyuma y’amezi abiri nkuko bisanzwe bikorwa.

N’ibiciro bishya bigomba gutangira gukurikizwa tariki 2 Kamena 2023 guhera Saa Moya z’umugoroba.

Nk’uko itangazo rya RURA ribivuga ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, igiciro cya Mazutu cyabaye 1492 Frw kuri litiro kikaba kivuyeho amafaranga y’u Rwanda 26.

Urwego rw’Igihugu kugenzura imikorere y’inzego imwe n’imwe ifite Igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ko Lisansi yabaye 1517 Frw kuri litiro ivuye 1528 Frw yaherukaga mu mezi abiri ahize.

Muri rusange iri gabanuka ry’ibiciro rikaba ryatewe ahanini n’igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago