Guverinoma y’u Rwanda yongeye gutangaza ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 1 Kamena 2023, nibwo honegeye gutangazwa ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli nyuma y’amezi abiri nkuko bisanzwe bikorwa.
N’ibiciro bishya bigomba gutangira gukurikizwa tariki 2 Kamena 2023 guhera Saa Moya z’umugoroba.
Nk’uko itangazo rya RURA ribivuga ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Kamena 2023, igiciro cya Mazutu cyabaye 1492 Frw kuri litiro kikaba kivuyeho amafaranga y’u Rwanda 26.
Urwego rw’Igihugu kugenzura imikorere y’inzego imwe n’imwe ifite Igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ko Lisansi yabaye 1517 Frw kuri litiro ivuye 1528 Frw yaherukaga mu mezi abiri ahize.
Muri rusange iri gabanuka ry’ibiciro rikaba ryatewe ahanini n’igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…