RWANDA

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’Abayobozi bashya mu nzego z’umutekano (Amafoto)

Kuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena 2023, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yakiriye indahiro z’Abayobozi bashya aherutse gushyiraho z’umutekano.

Advertisements

Abarahiye ni Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda,
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, Komiseri Mukuru wa RCS, Brig Gen Evariste Murenzi.

Perezida Kagame yasabye ubufatanye ku bayobozi bashya yashyizeho

Ni umuhango wabereye muri Village Urugwiro ku Kacyiru.

Ubwo yakiriraga indahiro za Minisitiri w’Ingabo n’abandi bayobozi bakuru, Perezida Kagame yagaragaje ko ubufatanye bw’abayobozi ari ingenzi kugira ngo igihugu gitere imbere.

Yagize ati “Nta gishya cyabaye, ni uko gusa umuntu yavuye hamwe akajya ahandi cyangwa akava ku rwego rumwe akajya kurundi ariko iteka ikirimo nuko aho umuntu agiye abakwiriye gukora imirimo neza bishoboka, iyo mirimo igakorwa twumva uburemere bw’izo nshingano hafi byose ibyinshi tuzi neza ko tuba tubikorera igihugu, binyuze mu bufatanye mu nzego zose zitandukanye mu buryo bwo kuzuzanya kugira ngo igihugu kigere kubyo ruba rwiteze.”

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago