Kuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena 2023, Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yakiriye indahiro z’Abayobozi bashya aherutse gushyiraho z’umutekano.
Abarahiye ni Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda,
Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, Komiseri Mukuru wa RCS, Brig Gen Evariste Murenzi.
Ni umuhango wabereye muri Village Urugwiro ku Kacyiru.
Ubwo yakiriraga indahiro za Minisitiri w’Ingabo n’abandi bayobozi bakuru, Perezida Kagame yagaragaje ko ubufatanye bw’abayobozi ari ingenzi kugira ngo igihugu gitere imbere.
Yagize ati “Nta gishya cyabaye, ni uko gusa umuntu yavuye hamwe akajya ahandi cyangwa akava ku rwego rumwe akajya kurundi ariko iteka ikirimo nuko aho umuntu agiye abakwiriye gukora imirimo neza bishoboka, iyo mirimo igakorwa twumva uburemere bw’izo nshingano hafi byose ibyinshi tuzi neza ko tuba tubikorera igihugu, binyuze mu bufatanye mu nzego zose zitandukanye mu buryo bwo kuzuzanya kugira ngo igihugu kigere kubyo ruba rwiteze.”
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…