Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Kamena, 2023, abaturage bazindutse babona umugabo umanitse mu mugozi ku kiraro gihuza Umurenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge n’uwa Gatsata mu Karere ka Gababo.
Amakuru atangazwa na TV1 avuga ko umwirondoro w’uwo mugabo utaramenyekana kugeza ubu.
Ikindi kitaramenyekana ni ukumenya niba yishwe akahamanikwa cyangwa ari we wiyahuye.
Inzego z’umutekano zatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane iby’urupfu rw’uyu mugabo.
Nyuma y’uko uyu murambo ugaragaye, RIB yawujyanye ku Bitaro bya Kacyiru kugira ngo ukorerwe isuzuma.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…