RWANDA

Prosper Mulindwa yagizwe Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro

Prosper Mulindwa warusanzwe akora muri MINALOC yahawe inshigano zo kuyobora Akarere ka Rutsiro mu buryo bw’agateganyo.

Advertisements

Mu itangazo rya Minisitiri w’Intebe ryagiye hanze kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kamena 2023, nk’uko ribivuga ngo hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko No 065/2021 ryo ku wa 9/10/2021 rigenga Akarere, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 29.

Kuri uyu wa Gatatu, Bwana Prosper Mulindwa agizwe Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro.

Ni nyuma y’aho Inama Njyanama y’aka karere isheshwe nyuma yo kubona ubuyobozi bw’aka karere bwarateshutse ku nshingano.

Aka Karere kari gasanzwe kayobowe na Meya MUREKATETE Triphose wari waragiye kuri uwo mwanya mu mwaka 2021, akaba yaragiye kuri izo nshingano yarasanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Muko.

Ni mugihe Prosper Mulindwa wagizwe Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro yarasanzwe ashinzwe gutegura ibikorwa muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC).

Prosper Mulindwa yahawe kuyobora Akarere ka Rutsiro

Bwana Prosper Mulindwa Yize mu bijyanye n’icungamari n’amabanki.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago