RWANDA

Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Jamaica baganiriye ku amasezerano aherutse gusinywa aho ageze

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uri muri Trinad and Tobago yahuye na Minisitiri wa Jamaica Andrew Holness baganira ku mishinga iherutse gusinywa y’amasezerano y’impande y’ibihugu byombi.

Advertisements

Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame aherereye i Trinad and Tobago mu nama yahuje abakuru na za Guverinoma zigize umuryango w’ibihugu byo muri Karayibe (CORICOM).

Mu biganiro bya Perezida Kagame na Minisitiri Andrew byagarutse ku masezerano u Rwanda na Jamaica biheruka gusinya n’uburyo biri gushyirwa mu bikorwa.

Perezida Kagame na Minisitiri Andrew ibiganiro byabo bombi byagarautse ku masezerano aherutse gusinywa

Aya masezerano yashyizweho umukono ubwo Perezida Kagame yagenderera igihugu cya Jamaica muri Mata 2022.

Ni amasezerano y’ubufatanye yarakubiyemo gukomeza gushimangira umubano w’ibihugu byombi arimo ajyanye n’imikorere mu bya Politiki, ubukerarugendo, ubwikorezi, no guteza imbere ibyanya byahariwe inganda.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago