Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uri muri Trinad and Tobago yahuye na Minisitiri wa Jamaica Andrew Holness baganira ku mishinga iherutse gusinywa y’amasezerano y’impande y’ibihugu byombi.
Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame aherereye i Trinad and Tobago mu nama yahuje abakuru na za Guverinoma zigize umuryango w’ibihugu byo muri Karayibe (CORICOM).
Mu biganiro bya Perezida Kagame na Minisitiri Andrew byagarutse ku masezerano u Rwanda na Jamaica biheruka gusinya n’uburyo biri gushyirwa mu bikorwa.
Aya masezerano yashyizweho umukono ubwo Perezida Kagame yagenderera igihugu cya Jamaica muri Mata 2022.
Ni amasezerano y’ubufatanye yarakubiyemo gukomeza gushimangira umubano w’ibihugu byombi arimo ajyanye n’imikorere mu bya Politiki, ubukerarugendo, ubwikorezi, no guteza imbere ibyanya byahariwe inganda.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…
Kuwa Kane, tariki 27 Gashyantare 2025, Umuyobozi wa Fondasiyo ya Sida ya Desmond Tutu, Linda-Gail…
Igisirikare cy’u Burundi cyahakanye ku kuba ari cyo cyagabye igitero ahaberaga inama ya AFC/M23 n’abaturage…
José Mourinho utoza Fenerbahçe SK yahagaritswe imikino ine ndetse anacibwa amande ya 35.194£, nyuma yo…
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo…