Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uri muri Trinad and Tobago yahuye na Minisitiri wa Jamaica Andrew Holness baganira ku mishinga iherutse gusinywa y’amasezerano y’impande y’ibihugu byombi.
Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame aherereye i Trinad and Tobago mu nama yahuje abakuru na za Guverinoma zigize umuryango w’ibihugu byo muri Karayibe (CORICOM).
Mu biganiro bya Perezida Kagame na Minisitiri Andrew byagarutse ku masezerano u Rwanda na Jamaica biheruka gusinya n’uburyo biri gushyirwa mu bikorwa.
Aya masezerano yashyizweho umukono ubwo Perezida Kagame yagenderera igihugu cya Jamaica muri Mata 2022.
Ni amasezerano y’ubufatanye yarakubiyemo gukomeza gushimangira umubano w’ibihugu byombi arimo ajyanye n’imikorere mu bya Politiki, ubukerarugendo, ubwikorezi, no guteza imbere ibyanya byahariwe inganda.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…