Perezida w’u Rwanda Paul Kagame uri muri Trinad and Tobago yahuye na Minisitiri wa Jamaica Andrew Holness baganira ku mishinga iherutse gusinywa y’amasezerano y’impande y’ibihugu byombi.
Umukuru w’igihugu Nyakubahwa Paul Kagame aherereye i Trinad and Tobago mu nama yahuje abakuru na za Guverinoma zigize umuryango w’ibihugu byo muri Karayibe (CORICOM).
Mu biganiro bya Perezida Kagame na Minisitiri Andrew byagarutse ku masezerano u Rwanda na Jamaica biheruka gusinya n’uburyo biri gushyirwa mu bikorwa.
Aya masezerano yashyizweho umukono ubwo Perezida Kagame yagenderera igihugu cya Jamaica muri Mata 2022.
Ni amasezerano y’ubufatanye yarakubiyemo gukomeza gushimangira umubano w’ibihugu byombi arimo ajyanye n’imikorere mu bya Politiki, ubukerarugendo, ubwikorezi, no guteza imbere ibyanya byahariwe inganda.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…