Umuryango w’umugabo witwa Tari Changbo n’umugore we Mercy Tari-Chamgbo, bibarutse impanga nyuma y’imyaka 22 bategereje.
Uyu muryango wibarutse usanzwe utuye mu gihugu cya Nigeria.
Bamwe mu nshuti za hafi bishimiye ibitangaza Imana yakoreye uyu muryango nyuma y’imyaka myinshi bategereje urubyaro.
Ni mu butumwa bwiza bwasakajwe ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook nk’uko bigaragara ko bwatangajwe kuri uyu wa mbere tariki 10 Nyakanga 2023.
Umwe muri bo witwa Tabitha Ngborok yaranditse ati: “Mu byukuri Imana ni iyo kwizerwa, yakomeje amagambo yayo. Turabyishimiye. Nyirasenge (Madamu Mercy Tari Changbo), imyaka 22 ntuzabe moi-moi, haleluya ku Mana y’imigabane ibiri”.
Montaro Isaac Olowookere, nawe yanditse ati: “Ibidashobokera ku Imana idashobora ntibibaho. Imana yahaye umugisha umuryango mwiza wa Justice Tari Changbo hamwe n’umugore we bibarutse Impanga nziza nyuma yimyaka myinshi bategereza. Imana irakomeye”
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…