INKURU ZIDASANZWE

Nyuma y’imyaka 22, umuryango wibarutse umwana

Umuryango w’umugabo witwa Tari Changbo n’umugore we Mercy Tari-Chamgbo, bibarutse impanga nyuma y’imyaka 22 bategereje.

Advertisements

Uyu muryango wibarutse usanzwe utuye mu gihugu cya Nigeria.

Bamwe mu nshuti za hafi bishimiye ibitangaza Imana yakoreye uyu muryango nyuma y’imyaka myinshi bategereje urubyaro.

Ni mu butumwa bwiza bwasakajwe ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook nk’uko bigaragara ko bwatangajwe kuri uyu wa mbere tariki 10 Nyakanga 2023.

Umwe muri bo witwa Tabitha Ngborok yaranditse ati: “Mu byukuri Imana ni iyo kwizerwa, yakomeje amagambo yayo. Turabyishimiye. Nyirasenge (Madamu Mercy Tari Changbo), imyaka 22 ntuzabe moi-moi, haleluya ku Mana y’imigabane ibiri”.

Montaro Isaac Olowookere, nawe yanditse ati: “Ibidashobokera ku Imana idashobora ntibibaho. Imana yahaye umugisha umuryango mwiza wa Justice Tari Changbo hamwe n’umugore we bibarutse Impanga nziza nyuma yimyaka myinshi bategereza. Imana irakomeye”

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago