Ikipe y’Igihugu nkuru y’u Rwanda ya Basketball yageze muri ½ isezereye Angola murugo mu mikino ya AfroCan 2023.
U Rwanda rwageze kuri iyo ntsinzi rutsinze Angola amanota 73 kuri 63, imbere y’abafana bari bateraniye muri Sitade ya Arena de Kilamba i Luanda muri Angola.
Nyuma yo gusezerera Angola, ikipe y’igihugu y’u Rwanda iracakirana na Cote D’Ivoire kuri uyu wa Gatanu mu mukino utoroshye.
U Rwanda rwatangiye nabi iy’imikino dore ko mu mikino ibanza ibiri rwayitsinzwe mu itsinda rwari ruherereyemo, a
Muri uyu mukino wahaye intsinzi ikipe y’igihugu y’u Rwanda, umukinnyi witwa Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson niwe watsinze amanota menshi, aho yaboneje mu nkangara amanota 22.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…