Ikipe y’Igihugu nkuru y’u Rwanda ya Basketball yageze muri ½ isezereye Angola murugo mu mikino ya AfroCan 2023.
U Rwanda rwageze kuri iyo ntsinzi rutsinze Angola amanota 73 kuri 63, imbere y’abafana bari bateraniye muri Sitade ya Arena de Kilamba i Luanda muri Angola.
Nyuma yo gusezerera Angola, ikipe y’igihugu y’u Rwanda iracakirana na Cote D’Ivoire kuri uyu wa Gatanu mu mukino utoroshye.
U Rwanda rwatangiye nabi iy’imikino dore ko mu mikino ibanza ibiri rwayitsinzwe mu itsinda rwari ruherereyemo, a
Muri uyu mukino wahaye intsinzi ikipe y’igihugu y’u Rwanda, umukinnyi witwa Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson niwe watsinze amanota menshi, aho yaboneje mu nkangara amanota 22.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…