Perezida w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yakiriye kumeza mugenzi we wa Senegal Macky Sall uri mu Rwanda.
Ku rukutwa rw’ibiro by’umukuru w’Igihugu Village Urugwiro byatangaje ko kuri iki gicamunsi Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida wa Senegal Macky Sall muri Village Urugwiro ndetse basangira ifunguro rya Saa Sita z’amanywa.
Umukuru w’igihugu cya Senegal Macky Sall ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama mpuzamahanga igamije kwiga ku iterambere ry’umugore n’umukobwa.
Macky Sall yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku cyumweru, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe yabanje kwakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta.
Ni inama itangira kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga 2023, igatangizwa ku mugaragaro muri Bk Arena.
Yitabiriwe n’abasaga ibihumbi 6000 barimo abantu baturutse hirya no hino ku migabane itandukanye y’Isi barimo n’abayobozi b’ibihugu n’abahagarariye ibihubu byabo.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…