Imirwano mishya yabaye ku wa Kabiri yongeye guhuza inyeshyamba za M23 ndetse n’izo mu mutwe wa Nyatura ziswe na Guverinoma ya RDC ‘Wazalendo’.
Ni imirwano yabereye muri Teritwari ya Masisi.
Amakuru yemezwa na Sosiyete Sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ivuga ko imirwano yasize M23 bigaruriye uduce dutandukanye two muri Masisi.
Utwo duce uyu mutwe wirukanyemo Wazalendo irimo Butale, Murambi, Kabahole, na Lufulandi.
Sosiyete Sivile yo muri Kivu y’Amajyaruguru ivuga ko imirwano kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yakomereje mu bice bya Kimoka, muri Masisi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…