Imirwano mishya yabaye ku wa Kabiri yongeye guhuza inyeshyamba za M23 ndetse n’izo mu mutwe wa Nyatura ziswe na Guverinoma ya RDC ‘Wazalendo’.
Ni imirwano yabereye muri Teritwari ya Masisi.
Amakuru yemezwa na Sosiyete Sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ivuga ko imirwano yasize M23 bigaruriye uduce dutandukanye two muri Masisi.
Utwo duce uyu mutwe wirukanyemo Wazalendo irimo Butale, Murambi, Kabahole, na Lufulandi.
Sosiyete Sivile yo muri Kivu y’Amajyaruguru ivuga ko imirwano kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yakomereje mu bice bya Kimoka, muri Masisi.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…