Umunyarwenywa akaba n’umukinnyi wa filime w’umunyamerika Kevin Hart arikumwe n’umuryango we barikubarizwa mu Mujyi wa Kigali.
Uyu munyarwenya bivugwa ko yageze i Kigali kuwa kabiri tariki 18 Nyakanga, aho yaje arikumwe n’umuryango.
Aya makauru yari yagizwe ubwiru yamenyekanye nyuma y’amafoto yashyizwe hanze n’inzu icuruza imideli ya Haute Baso, aho iki cyamamare cyari cyagiye guhahira arikumwe n’umugore we Eniko Hart n’abana be.
Mu mafoto bashyize ku rukuta rwabo rwa Twitter baherekanyije ubutumwa bushimira kuba bakiriye iki cyamamare gikomeye mu ruhando rwa sinema bakaba bagize amahirwe yo guhahirwa nawe by’umwihariko imyenda ya Made in Rwanda.
Nta yandi makuru aramenyekanya ku rugendo rwa Kevin Hart ari mu Rwanda.
Kevin Hart w’imyaka 44 yubatse izina rikomeye muri sinema ya Hollywood.
Kuri uyu wa Gatatu, Maitre Gatera Gashabana wunganiraga Aimable Karasira yivanye muri uru rubanza ku…
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka icumi Urubyiruko rw'abakorerabishake rumaze rukora ibikorwa by'Ubwitange, Perezida Paul…
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi, mu Murenge wa Mugunga, Akarere…
Kuri uyu wa kabiri tariki 07 Gicurasi 2024, Urubyiruko rw'abakorerabishake rugera ku 7,500 rwaturutse mu…
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Gicurasi, mu Mujyi wa Kigali…