Kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nyakanga 2023, muri Village Urugwiro Perezida Kagame yakiriye Dr Thomas Kurz warusanzwe ahagarariye igihugu cy’u Budage mu Rwanda waje kumusezeraho.
Ambasaderi Dr Thomas Kurz yakiriwe na Perezida Kagame mu biro bye, aho yaje ku musezeraho nk’uwari usoje urugendo rwo guhararira igihugu cye cy’Ubudage mu Rwanda.
Ambasaderi Dr Thomas Kurz w’imyaka 61 y’amavuko yahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva mu mwaka 2019.
Igihugu cy’Ubudage gisanzwe gifitanye umubano wihariye kuva myaka 60 ishize, aho iki gihugu giherereye ku mugabane w’Uburayi gisanzwe gifasha u Rwanda mu ngingo z’itandukanye z’iterambere zarwo zirimo iz’ubuzima, Uburezi, no kurengera ibidukikije n’ibindi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…