Kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nyakanga 2023, muri Village Urugwiro Perezida Kagame yakiriye Dr Thomas Kurz warusanzwe ahagarariye igihugu cy’u Budage mu Rwanda waje kumusezeraho.
Ambasaderi Dr Thomas Kurz yakiriwe na Perezida Kagame mu biro bye, aho yaje ku musezeraho nk’uwari usoje urugendo rwo guhararira igihugu cye cy’Ubudage mu Rwanda.
Ambasaderi Dr Thomas Kurz w’imyaka 61 y’amavuko yahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva mu mwaka 2019.
Igihugu cy’Ubudage gisanzwe gifitanye umubano wihariye kuva myaka 60 ishize, aho iki gihugu giherereye ku mugabane w’Uburayi gisanzwe gifasha u Rwanda mu ngingo z’itandukanye z’iterambere zarwo zirimo iz’ubuzima, Uburezi, no kurengera ibidukikije n’ibindi.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…